Post Tagged with: "Rwanda aid"

Burera: MINICOM yafashije urubyiruko iruha ibikoresho by’imyuga itandukanye

Burera: MINICOM yafashije urubyiruko iruha ibikoresho by’imyuga itandukanye

0 / June 7, 2013 9:01 am

Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda (MINICOM) yahaye ibikoresho by’imyuga itandukanye urubyiruko 14 rwo mu karere ka Burera rwize imyuga, mu rwego rwo kurufasha gutangira gukora imyuga bize, biteza imbere. Ibyo bikoresho bahawe birimo iby’ububaji, imashini zidoda ndetse n’ibikoresho byo gukora ibijyanye n’amashanyarazi. [...]

Rwanda I  GISAGARA: BARASABWA GUSHYIRA MU NGIRO UBUMENYI BAHAWE

Rwanda I GISAGARA: BARASABWA GUSHYIRA MU NGIRO UBUMENYI BAHAWE

0 / February 5, 2013 11:12 am

Abanyeshuri bigishijwe umwuga wo kudoda ku nkunga y’umuryango wita ku mbabare croix-Rouge Rwanda mu karere ka Gisagara, barasabwa gushyira mu ngiro ubumenyi bahawe bakiteza imbere bibumbira mu makoperative. Ibi barabikangurirwa nyuma yo guhabwa inyemezabumenyi kubanyeshuri 86 bo mu murenge wa [...]

Rwanda : Hari impungenge ko inkunga ya GIZ ishobora kuzasubizwayo idakoreshejwe

Rwanda : Hari impungenge ko inkunga ya GIZ ishobora kuzasubizwayo idakoreshejwe

0 / January 18, 2013 12:43 pm

Abakozi b’ishami rishinzwe ubufatanye n’abikorera mu kigo cy’igihugu giteza imbere ubumenyi ngiro WDA, baratangaza ko hari igice kinini cy’inkunga ya GIZ (umuryango nterankunga w’abadage) gishobora kuzasubizwa kidakoreshejwe kubera ko ba rwiyemeza mirimo batitabira gutanga imishinga ikeneye inkunga. Ibi babitangaje kuri [...]

Rwanda | Kamonyi: Nyuma yo kwiga imyuga bahawe ibikoresho bizabafasha gukora ibyo bize

Rwanda | Kamonyi: Nyuma yo kwiga imyuga bahawe ibikoresho bizabafasha gukora ibyo bize

0 / October 20, 2012 6:59 am

Abanyeshuri 36 bafashijwe kwiga imyuga n’umushinga Global Fund ubinyujije muri Minisiteri y’uburinganire n’iterambere ry’umuryango, bashyikirijwe ibikoresho bizabafasha gushyira mu bikorwa no kubyaza umusaruro ubumenyi bakuye mu ishuri. Kuri uyu wa gatatu tariki 17/10/2012, umukozi ukurikirana ibikorwa by’umushinga Global Fund mu [...]

RWANDA | RUSIZI: ABANA BABANA N’UBUMUGA BAHAWE INYEMEZABUMENYI

RWANDA | RUSIZI: ABANA BABANA N’UBUMUGA BAHAWE INYEMEZABUMENYI

0 / August 16, 2012 10:59 am

Mu murenge wa Mururu ho mukarere ka Rusizi, abana 12 babana n’ubumuga barererwa mukigo gifasha kikanavura ababana n’ubumuga (centre des handicapes Saint Francois d’Assise RUSIZI) bahawe inyemezabumenyi nyuma yo kwigishwa imyuga inyuranye yiganjemo ubudozi, ububoshyi, no gukora imitako itandukanye. iki [...]

Rwanda | Ririma: Ibikoresho bahawe bizabafasha kwihangira imirimo no gusezerera ubushomeri

Rwanda | Ririma: Ibikoresho bahawe bizabafasha kwihangira imirimo no gusezerera ubushomeri

0 / June 25, 2012 7:38 am

Umuryango nyafurika w’ivugabutumwa AEE wahaye ibikoresho by’imyuga n’inyemezabumenyi urubyiruko rwo mu murenge wa Ririma mu karere ka Bugesera rwigishijwe imyuga itandukanye. Abahawe ibikoresho bavuze ko bizabafasha kwihangira imirimo no gusezerera ubushomeri. Abasore n’inkumi bagera kuri 70 batagize amahirwe yo kwiga [...]

Rwanda : Kwiga ubukorikori ni kimwe mu bifasha ababana n’ubumuga kwiteza imbere

Rwanda : Kwiga ubukorikori ni kimwe mu bifasha ababana n’ubumuga kwiteza imbere

0 / March 27, 2012 11:54 am

Urubyiruko rubana n’ubumuga rwigira gukora ibipupe ku kigo CEFAPEK gifasha ababana n’ubumuga, kiri mu kagari ka Nkingo, umurenge wa Gacurabwenge mu karere ka Kamonyi, utangaza ko gukora ubukorikori aribyo bijyanye n’intege zabo kandi ko nibamara kubimenya bizabinjiriza amafaranga bakiteza imbere. [...]