Post Tagged with: "Rwanda education"

Gakenke: Nta mbogamizi umwana w’umukobwa ahura na zo mu kwiga ubumenyingiro

Gakenke: Nta mbogamizi umwana w’umukobwa ahura na zo mu kwiga ubumenyingiro

0 / March 2, 2013 9:42 am

Uwayo Tina, umunyeshuri wiga mu mwaka wa gatanu kuri APRODOSC, yambaye umwenda w’akazi wabugenewe  arimo gukaraga itiyo kugira ngo abashe kuyifunga. Uyu ni umwe mu bakobwa bahisemo kwiga ibijyanye n’ubwubatsi. Avuga ko nta mbogamizi umukobwa ahura nazo mu kwiga ubumenyingiro. [...]

Ngoma: Urubyiruko rwacikirije amashuri rwiga imyuga iciriritse ruvuga ko aya mashuri  arurinda kwandagara

Ngoma: Urubyiruko rwacikirije amashuri rwiga imyuga iciriritse ruvuga ko aya mashuri arurinda kwandagara

0 / February 28, 2013 9:38 am

Urubyiruko rwacikirije amashuri yisumbuye rwo  mukarere ka Ngoma  rwiga imyuga yo kudoda, amashanyarazi n’amategeko y’imihanda ruvuga ko kwiga iyi myuga byarurinze ingeso mbi  z’ubujura n’izokwiyandarika. Gutwara inda z’indaro ndetse no kuba inzererezi n’abajura  nkuko  uru  rubyiruko rubivuga kuko ngo iyo [...]

Rwanda | Rutsiro : 56 bigaga imyuga bahawe impamyabumenyi

0 / January 18, 2013 12:47 pm

Abana 56 bigaga imyuga y’ububaji, ubudozi n’ubusuderi bahawe impamyabumenyi tariki 16/01/2013 akaba ari amasomo bize mu gihe cy’amezi atandatu ku nkunga y’umuryango wa World Vision, ishami ryawo rikorera mu murenge wa Mushubati mu karere ka Rutsiro. Abo barangije imyuga barashishikariza [...]

Rwanda | Ngoma: Ubumenyi ngiro n’ imyuga bizafasha akarere  kurushaho kwesa imihigo

Rwanda | Ngoma: Ubumenyi ngiro n’ imyuga bizafasha akarere kurushaho kwesa imihigo

0 / November 9, 2012 10:28 am

Ubuyobozi b’ishuri rya ES kigarama, buhagarariwe na Uwizeye Jean Pierre, buremeza ko amashami yahafunguwe nyuma yuko iri shuri rihinduwe iryimyuga,azafasa akarere ka Ngoma kwesa imihigo neza kandi ko n’ abanyeshuri bazungukira byinshi ku mihigo y’ akarere.   Umuyobozi w’ishuri ryahawe [...]

Rwanda | Ririma: Ishuri ry’imyuga begerejwe rizatuma  babasha kwiteza imbere

Rwanda | Ririma: Ishuri ry’imyuga begerejwe rizatuma babasha kwiteza imbere

0 / October 4, 2012 11:38 am

  Mu murenge wa Ririma mu karere ka Bugesera hatangijwe inyigisho z’imyuga zagenewe urubyiruko rutagize amahirwe yo gukomeza amashuri, iryo shuri rikaba rizatuma babasha kwiteza imbere. Ni inyigisho zizajya zimara amezi 6 zigatangirwa mu kigo Benimpuhwe Vocational Training Center kiri [...]

Rwanda : Mu mwaka wa 2017, abiga imyuga bazaba ari benshi kuruta abiga amasomo rusange

Rwanda : Mu mwaka wa 2017, abiga imyuga bazaba ari benshi kuruta abiga amasomo rusange

0 / September 20, 2012 7:01 pm

Ibi byatangajwe na Gasana Jerome, umuyobozi w’ikigo cy’igihugu gishinzwe guteza imbere ubumenyingiro (WDA) kuri uyu wa 18 Nzeri,2012. Hari nyuma y’igikorwa cyo kureba aho imyiteguro yo gutangiza ishuri ry’imyuga ry’icyitegererezo ryo mu Karere ka Huye igeze. Iri shuri rizakorera mu [...]

Rwanda : MP’s access ICT progress in Nyamaseke schools

0 / September 20, 2012 6:58 pm

The Parliamentary Education committee has urged students and teachers to promote the use if information technology and e-learning as a way of promoting the government’s policy on e-learning The MPs visited schools in Nyamaseke district to access the progress of [...]

Rwanda | Kamonyi: Biyemeje kwiga ubudozi ngo bategure ejo hazaza

Rwanda | Kamonyi: Biyemeje kwiga ubudozi ngo bategure ejo hazaza

0 / September 5, 2012 11:31 am

Bamwe mu rubyiruko rw’akarere ka Kamonyi, biyemeje kwiga imyuga  kugira ngo izabafashe mu mibereho ya bo y’ejo hazaza. Ubwo twasuraga abiga ubudozi kuri koperative “Abibumbye” iri mu murenge wa Gacurabwenge, badutangarije ko biteguye kwiteza imbere babikesha ubumenyi bari guhabwa. Urwo [...]

Rwanda | Gakenke: Ishuri rya Nganzo rigiye kuzatangizwa nyuma y’imyaka ibiri ridakora

0 / July 15, 2012 10:31 am

Umukozi ushinzwe uburezi mu karere, Hakizimana Jean Bosco atangaza ko ishuri ry’imyuga rya Nganzo rigomba gutangira muri uyu mwaka wa 2012 rikigisha urubyiruko imyuga inyuranye yabafasha kwihangira umurimo n’ubwo ryari rimaze imyaka ibiri ridakora. Iryo shuri ryubatswe na World Vision [...]

Rwanda : Rulindo – Abifuza kwiga imyuga bagiye kubona igisubizo kirambye

0 / May 25, 2012 11:48 am

Ubuyobozi bw’intara y’Amajyaruguru buravuga ko mu murenge wa Kinihira, akarere ka Rulindo hagiye kubakwa ishuri ry’imyuga ry’ikitegererezo ku rwego rw’intara y’Amajyaruguru. Iri shuri rizakorera mu nyubako zahoze zikorerwamo nk’ibiro by’intara y’Amajyaruguru mbere y’uko yimurirwa mu karere ka Musanze ngo rishobora [...]