0
admin / June 7, 2013 9:01 am
Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda (MINICOM) yahaye ibikoresho by’imyuga itandukanye urubyiruko 14 rwo mu karere ka Burera rwize imyuga, mu rwego rwo kurufasha gutangira gukora imyuga bize, biteza imbere. Ibyo bikoresho bahawe birimo iby’ububaji, imashini zidoda ndetse n’ibikoresho byo gukora ibijyanye n’amashanyarazi. [...]
0
admin / May 25, 2013 8:35 pm
Urubyiruko rwiga mu kigo cy’imyuga n’ubukorikori CFPA giherereye mu kagari ka Remera, umurenge wa Rukoma, ruratangaza ko kwiga imyuga bizabafasha kubona imirimo nyuma yo kurangiza kwiga, bakaba bahamagarira na bagenzi babo kubyitabira. Mushimiyimana immaculee, wiga umwuga w’ubudozi, atangaza ko yahisemo [...]
0
admin / February 28, 2013 9:38 am
Urubyiruko rwacikirije amashuri yisumbuye rwo mukarere ka Ngoma rwiga imyuga yo kudoda, amashanyarazi n’amategeko y’imihanda ruvuga ko kwiga iyi myuga byarurinze ingeso mbi z’ubujura n’izokwiyandarika. Gutwara inda z’indaro ndetse no kuba inzererezi n’abajura nkuko uru rubyiruko rubivuga kuko ngo iyo [...]
0
admin / February 5, 2013 11:12 am
Abanyeshuri bigishijwe umwuga wo kudoda ku nkunga y’umuryango wita ku mbabare croix-Rouge Rwanda mu karere ka Gisagara, barasabwa gushyira mu ngiro ubumenyi bahawe bakiteza imbere bibumbira mu makoperative. Ibi barabikangurirwa nyuma yo guhabwa inyemezabumenyi kubanyeshuri 86 bo mu murenge wa [...]
0
admin / November 21, 2012 11:00 am
About 28 youth from Kigembe, Mukindo, Save and Muganza sectors in Gisagara District have been awarded certificates after attending training for different technical skills; they have also been told to put to use what they learnt while promoting themselves and [...]
0
admin / October 20, 2012 6:59 am
Abanyeshuri 36 bafashijwe kwiga imyuga n’umushinga Global Fund ubinyujije muri Minisiteri y’uburinganire n’iterambere ry’umuryango, bashyikirijwe ibikoresho bizabafasha gushyira mu bikorwa no kubyaza umusaruro ubumenyi bakuye mu ishuri. Kuri uyu wa gatatu tariki 17/10/2012, umukozi ukurikirana ibikorwa by’umushinga Global Fund mu [...]
0
admin / October 16, 2012 2:35 pm
Uyu wiyemeje gutyaza impano z’urubyiruko agamije kurufasha kwiteza imbere ni uwitwa Havugimana Théobard. Indoto afite yo gufasha urubyiruko agiye gutangira kuyishyira mu bikorwa ahitwa kuri arete (arreté) ho mu Murenge wa Kinazi, na wo ukaba uri mu Karere ka Huye. [...]
Follow Us!