Post Tagged with: "Rwanda Huye"

Rwanda : Mu mwaka wa 2017, abiga imyuga bazaba ari benshi kuruta abiga amasomo rusange

Rwanda : Mu mwaka wa 2017, abiga imyuga bazaba ari benshi kuruta abiga amasomo rusange

0 / September 20, 2012 7:01 pm

Ibi byatangajwe na Gasana Jerome, umuyobozi w’ikigo cy’igihugu gishinzwe guteza imbere ubumenyingiro (WDA) kuri uyu wa 18 Nzeri,2012. Hari nyuma y’igikorwa cyo kureba aho imyiteguro yo gutangiza ishuri ry’imyuga ry’icyitegererezo ryo mu Karere ka Huye igeze. Iri shuri rizakorera mu [...]

Rwanda : Abizeimyugamuri Centre Dushishozebahaweimpamyabumenyi

Rwanda : Abizeimyugamuri Centre Dushishozebahaweimpamyabumenyi

0 / July 29, 2012 9:51 am

Urubyirukorwiganjemoab’igitsina gore bageraku 135 nibobahaweimpamyabumenyitarikiya 27 Nyakanga,2012. Bari bamazeamezi 6 bigakubohaimisatsi, kudefiriza no gusokozandetse no gucainzara no kuzisiga. MaheMukizwa Alex, Umuhuzabikorwawa Centre Dushishoze, avugakouretseimyuga, ururubyirukorwanigishijweibijyanyen’ikinyabupfura, kwirindasida no gutwitabatabiteganyije. Uhagarariye aba bahaweimpamyabumenyi, yavuzekobiyemejekuzibumbiramurikoperative, arikokogukorabitazaboroherakukobatazabashakwiboneraibikoreshobikenewe. Kuriikikibazo, VisiMeyaushinzweimiberehomyiza mu KarerekaHuye, Niwemugeni Christine, yabemereyeinkungay’Akarere.Yagizeati [...]

Rwanda | Huye: From shoes making to a shoe making school

Rwanda | Huye: From shoes making to a shoe making school

0 / July 26, 2012 7:46 am

 After five years of running a project that makes bags, shoes out of animal hides, Gerard Twizeyimana has started a shoes making school. Twizeyimana started his project named Kiato Afadhali Company in Tumba sector in Huye district. Being the company [...]

Rwanda : Nyuma y’igihe akora inkweto, yiyemeje gushinga ishuri ribyigisha.

Rwanda : Nyuma y’igihe akora inkweto, yiyemeje gushinga ishuri ribyigisha.

0 / July 22, 2012 12:27 pm

Nyuma y’igihe y’imyaka itanu Twizeyimana Gerard atangije umushinga wo kudoda inkweto n’amasakoshi bikoze mu mpu, atangaza ko umwuga we wamugejeje kuri byinshi bityo akaba nawe yarahisemo gutangiza ishuri ribyigisha abandi babyifuza. Uyu mugabo amaze imyaka igera kuri itanu atangije umushinga [...]

Rwanda | Yiyemeje kwigisha imyuga urubyiruko rwacikirije amashuri

Rwanda | Yiyemeje kwigisha imyuga urubyiruko rwacikirije amashuri

0 / March 9, 2012 6:13 am

Munyampama Eugène washinze ikigo cyitwa New Hope Initiative Center ngo yiyemeje kwigisha imyuga urubyiruko rwacikirije amashuri. Iki kigo giherereye aho bita mu irango mu Murenge wa Mukura, Akarere ka Huye. Kugeza ubu, iki kigo cyigisha ubwubatsi gusa,ariko ngo Barateganya no [...]