Post Tagged with: "Rwanda TVET"

SDF winners begin implementing TVET

SDF winners begin implementing TVET

0 / March 15, 2013 5:36 am

Seventeen winners of the first round of the Skills Development Fund (SDF) grants awarded through the World Bank have signed agreements enabling them to start the implementation of TVET the way they understand it. According to the state minister in [...]

JICA to conduct 4th robot contest

JICA to conduct 4th robot contest

0 / March 14, 2013 4:52 am

The Japan International Cooperation Agency (JICA) in collaboration with WDA is organizing the fourth Rwanda robot contest on March 28, 2013 at Hotel La palisse Nyandungu. The contest will be comprised of two competitions; Programming Car with 60 participants and [...]

Gakenke: Nta mbogamizi umwana w’umukobwa ahura na zo mu kwiga ubumenyingiro

Gakenke: Nta mbogamizi umwana w’umukobwa ahura na zo mu kwiga ubumenyingiro

0 / March 2, 2013 9:42 am

Uwayo Tina, umunyeshuri wiga mu mwaka wa gatanu kuri APRODOSC, yambaye umwenda w’akazi wabugenewe  arimo gukaraga itiyo kugira ngo abashe kuyifunga. Uyu ni umwe mu bakobwa bahisemo kwiga ibijyanye n’ubwubatsi. Avuga ko nta mbogamizi umukobwa ahura nazo mu kwiga ubumenyingiro. [...]

Rwanda I  GISAGARA: BARASABWA GUSHYIRA MU NGIRO UBUMENYI BAHAWE

Rwanda I GISAGARA: BARASABWA GUSHYIRA MU NGIRO UBUMENYI BAHAWE

0 / February 5, 2013 11:12 am

Abanyeshuri bigishijwe umwuga wo kudoda ku nkunga y’umuryango wita ku mbabare croix-Rouge Rwanda mu karere ka Gisagara, barasabwa gushyira mu ngiro ubumenyi bahawe bakiteza imbere bibumbira mu makoperative. Ibi barabikangurirwa nyuma yo guhabwa inyemezabumenyi kubanyeshuri 86 bo mu murenge wa [...]

Rwanda | Rutsiro : 56 bigaga imyuga bahawe impamyabumenyi

0 / January 18, 2013 12:47 pm

Abana 56 bigaga imyuga y’ububaji, ubudozi n’ubusuderi bahawe impamyabumenyi tariki 16/01/2013 akaba ari amasomo bize mu gihe cy’amezi atandatu ku nkunga y’umuryango wa World Vision, ishami ryawo rikorera mu murenge wa Mushubati mu karere ka Rutsiro. Abo barangije imyuga barashishikariza [...]

Rwanda : Hari impungenge ko inkunga ya GIZ ishobora kuzasubizwayo idakoreshejwe

Rwanda : Hari impungenge ko inkunga ya GIZ ishobora kuzasubizwayo idakoreshejwe

0 / January 18, 2013 12:43 pm

Abakozi b’ishami rishinzwe ubufatanye n’abikorera mu kigo cy’igihugu giteza imbere ubumenyi ngiro WDA, baratangaza ko hari igice kinini cy’inkunga ya GIZ (umuryango nterankunga w’abadage) gishobora kuzasubizwa kidakoreshejwe kubera ko ba rwiyemeza mirimo batitabira gutanga imishinga ikeneye inkunga. Ibi babitangaje kuri [...]

Rwanda | Ruhango: kwiga imyuga bizatuma hashobora kuboneka imirimo myinshi

Rwanda | Ruhango: kwiga imyuga bizatuma hashobora kuboneka imirimo myinshi

0 / January 8, 2013 11:30 am

Nyuma y’aho ikigo cy’igihugu gishinzwe guteza imbere ubumenyangiro “WDA” gihaye ishuri ryisumbuye ry’Indangaburezi riri mu karere ka Ruhango uburenganzira bwo kwigisha imyuga mu gihe gito, ubuyobozi bw’iri shuri buravuga ko iyi myuga izatuma abantu batinyuka kwihangira imirimo akazi kakaba kenshi. [...]

Rwanda : UBUMUGA TWEMERA NI UBWO MU MUTWE-Jean SAYINZOGA

0 / December 21, 2012 6:48 pm

NYAGATARE:Ubumuga bw’ibitekerezo nibwo bwonyine bushobora gutuma umuntu ananirwa kwibeshaho. Ibi ni ibyatanajwe na Jean Sayinzoga ukuriye komisiyo yo gusubiza ingabo mu buzima busanzwe hakaba hari mu muhango wo gutaha inyubako izigirwa mo imyuga mu kagari ka Rutaraka mu murenge wa [...]

Rwanda | Ngoma: Ubumenyi ngiro n’ imyuga bizafasha akarere  kurushaho kwesa imihigo

Rwanda | Ngoma: Ubumenyi ngiro n’ imyuga bizafasha akarere kurushaho kwesa imihigo

0 / November 9, 2012 10:28 am

Ubuyobozi b’ishuri rya ES kigarama, buhagarariwe na Uwizeye Jean Pierre, buremeza ko amashami yahafunguwe nyuma yuko iri shuri rihinduwe iryimyuga,azafasa akarere ka Ngoma kwesa imihigo neza kandi ko n’ abanyeshuri bazungukira byinshi ku mihigo y’ akarere.   Umuyobozi w’ishuri ryahawe [...]

Rwanda | Ngoma: Abiga imyuga barasabwa kugira vision yo kugabanya ubushomeri

0 / November 6, 2012 12:41 pm

Abanyeshuri biga imyuga barasabwa kwigana umwete kugirango  igihe barangije kwiga bazakoreshe ubwo bumenyi  bihangira  ibigo  bitanga akazi ku bashomeri. Ibi aba banyeshuri babisabwe n’ intumwa y’ikigo cy’ igihugu gishinzwe guteza imbere imyuga  n’ubumenyingiro (WDA),kuri uyu wa 04/11/2012 ubwo ikigo cya [...]