0
admin / May 25, 2013 8:35 pm
Urubyiruko rwiga mu kigo cy’imyuga n’ubukorikori CFPA giherereye mu kagari ka Remera, umurenge wa Rukoma, ruratangaza ko kwiga imyuga bizabafasha kubona imirimo nyuma yo kurangiza kwiga, bakaba bahamagarira na bagenzi babo kubyitabira. Mushimiyimana immaculee, wiga umwuga w’ubudozi, atangaza ko yahisemo [...]
0
admin / February 28, 2013 9:38 am
Urubyiruko rwacikirije amashuri yisumbuye rwo mukarere ka Ngoma rwiga imyuga yo kudoda, amashanyarazi n’amategeko y’imihanda ruvuga ko kwiga iyi myuga byarurinze ingeso mbi z’ubujura n’izokwiyandarika. Gutwara inda z’indaro ndetse no kuba inzererezi n’abajura nkuko uru rubyiruko rubivuga kuko ngo iyo [...]
0
admin / February 5, 2013 11:12 am
Abanyeshuri bigishijwe umwuga wo kudoda ku nkunga y’umuryango wita ku mbabare croix-Rouge Rwanda mu karere ka Gisagara, barasabwa gushyira mu ngiro ubumenyi bahawe bakiteza imbere bibumbira mu makoperative. Ibi barabikangurirwa nyuma yo guhabwa inyemezabumenyi kubanyeshuri 86 bo mu murenge wa [...]
0
admin / November 21, 2012 11:00 am
About 28 youth from Kigembe, Mukindo, Save and Muganza sectors in Gisagara District have been awarded certificates after attending training for different technical skills; they have also been told to put to use what they learnt while promoting themselves and [...]
0
admin / November 2, 2012 9:01 pm
Urubyiruko rutize rurasabwa kugana mu mashuri y’imyuga aho guheranwa n’ibiyobyabwenge nk’uko umuyobozi w’akarere ka Kayonza John Mugabo abivuga. Mu mirenge y’akarere ka Kayonza hari urubyiruko rutize kandi rutagira icyo rukora, ku buryo bamwe ari inzererezi zirirwa zinywa ibiyobyabwenge. Kunywa ibiyobyabwenge [...]
0
admin / October 4, 2012 11:38 am
Mu murenge wa Ririma mu karere ka Bugesera hatangijwe inyigisho z’imyuga zagenewe urubyiruko rutagize amahirwe yo gukomeza amashuri, iryo shuri rikaba rizatuma babasha kwiteza imbere. Ni inyigisho zizajya zimara amezi 6 zigatangirwa mu kigo Benimpuhwe Vocational Training Center kiri [...]
0
admin / September 5, 2012 11:31 am
Bamwe mu rubyiruko rw’akarere ka Kamonyi, biyemeje kwiga imyuga kugira ngo izabafashe mu mibereho ya bo y’ejo hazaza. Ubwo twasuraga abiga ubudozi kuri koperative “Abibumbye” iri mu murenge wa Gacurabwenge, badutangarije ko biteguye kwiteza imbere babikesha ubumenyi bari guhabwa. Urwo [...]
0
admin / July 27, 2012 10:49 am
Urubyiruko rukomoka mu mirenge ya Gakenke, Nemba, Kivuruga na Karambo babonye ishuri ry’imyuga hafi ryuzuye mu murenge wa Nemba, akagali ka Gisozi mu gihe mbere byabasaga kujya mu Murenge wa Janja. Muri uyu mwaka, urubyiruko rwo mu mirenge ya Nemba [...]
Follow Us!